URUGENDO RWA MINISITIRI MURI PEREZIDANSI YAGIRIYE MURI REAF

Hari tariki 9/11/2017 ubwo Minisitiri muri Perezidansi ya Repubulika y’u Rwanda yasuye Urubuga Ngishanama rw’Inararibonye z’u Rwanda ngo yirebere aho uru rubuga rugeze rwiyubaka nka kimwe mu bigo bya Leta bishinzwe vuba.
Back